Kurambagiza

Ubwo mumaze kwemeranya kubana…

Abantu benshi iyo bamaze kwemeranya kubana usanga batangira kwiberaho nk’abagezeyo. Ibyo bikangiza imyiteguro yabo ari nako byangiza n’urushako rwabo bataranarugeramo. Muri iyi nyigisho turavuga ku buryo bwo kwirinda bwagufasha kurushaho kwitegura neza cyane cyane mu gihe wamaze kwemeranya n’uwo mukundana ko muzabana. Rinda umutima wawe, Mu mico myinshi, iyo bavuze “umutima” abantu bumva icyicaro cy’ibyiyumvo […]

Ibintu 3 umusore n’ umukobwa bakundana bakeneye kwitondera mbere yo gufata icyemezo cyo gushakana

Abasore benshi cyangwa inkumi usanga bagorwa cyane no kubona umuntu bakundana. Kuburyo iyo agize amahirwe akabona wa muntu yumva yishimiye nawe aramwemeye yihutira kwiyemeza kubana nawe. Ariko se ujya wibaza niba hari ikintu ijambo ry’ Imana rivuga cyagufasha kumenya uko wabyitwaramo igihe wahuye n’umuntu wumva umutima wawe wishimiye kandi ushaka ko wowe nawe muzabana? Muri […]

Uburyo bwizewe bwo kurambagiza igice cya 4: Kuganira neza 2

Iyo uganiriye n’ abantu bashatse, usanga benshi bavuga inkuru z’ ukuntu batunguwe bamaze kubana. Buri umwe agasanga hari amakuru atigeze amenya kuri mugenzi we, nyamara bari bamaze igihe kinini baganira. Ibi usanga biterwa n’ impamvu zitandukanye. Imwe muri zo ni uko kenshi abarambagizanya bahora mu kubwirana utugambo turyohereye n’ inkuru zo hirya no hino. Ntibamenye […]

Uburyo bwizewe bwo kurambagiza Igice cya 3: Kuganira neza 1

Abantu benshi usanga bakundana nta buryarya, ndetse bakavuga ko urukundo rwabo rugamije kubana. Ikibazo ni uko hari ubwo usesengura kumenyana hagati yabo ugasanga ntaho bitandukaniye na bwa bucuti bw’ ingimbi n’ abangavu bari kugerageza kwitahura(copinage). Ugasanga kumenyana kwanyu kugarukira ku kumenya aho mugenzi wawe yize cyangwa yakuriye n’ ibyo akunda kurya cyangwa kunywa. Muri iyi […]

Uburyo bwizewe bwo kurambagiza Igice cya 2: Kwakira uwo uri we nta kwirarira

Rimwe mu makosa akomeye abasore n’ inkumi bakunze gukora mu gihe cyo kurambagiza ni ukwirarira. Bityo usanga amakimbirane menshi hagati y’ abakundana, haba ku bari kurambagiza cyangwa abubatse ingo, aterwa no gutahura ko mugenzi wawe hari ibyo yakubeshye cyangwa hari ukuri yaguhishe abigambiriye. Mu gice cya mbere twarebye ku kwakira amarangamutima y’ umuntu ukwari ntayitiranye […]

Kubana neza

Garura ibyishimo bya gisore mu rushako rwawe

Kimwe mu bintu bikunze kuranga abashakanye ni uko iyo bamaranye igihe runaka usanga bisa n’aho urukundo rwabo rwakonje. Ugasanga kwa kwiyumvamo ibisa n’ ubushagarira byo mu minsi ya mbere, ya masaha yose bamaraga bavugana kuri telephone cyangwa baganira imbonankubone na bya bitwenge bya buri kanya bisa n’aho utamenya aho byagiye. Muri iyi nyigisho turaza kureba […]

Ushaka gusigasira umunezero mu rukundo cg urugo rwanyu rekeraho…

Twese usanga twifuza kugira urugo rurimo umunezero, ariko hari ubwo byanga. Ugasanga hagati yawe n’uwo mwashakanye harimo igisa n’umworera. Wavuga ibi, we akumva biriya. Maze yajya kugusubiza bikabyara intonganya mutazi aho zivuye. Muri iyi nyigisho, turagaruka kuri imwe mu mico ikunze kuba intandaro yo kwangirika k’ubusabane hagati y’abakundana /abashakanye bikababyarira amakimbirane ya hato na hato. […]

Ibintu 2 uwo mukundana aba agutegerejemo utabizi

Mu rukundo cyangwa mu rushako hari ubwo bigora umuntu gusobanurira mugenzi we icyo umutegerejemo. Kenshi bigaterwa n’imiterere y’icyo kintu cyangwa imiterere y’umubano wabo bombi. Muri iyi nyigisho turagaruka ku bintu 2 umuntu wese aba ategereje k’ uwo bakundana/ bashakanye ariko bikamugora kubimusobanurira. Turareba n’icyo wakora kugira ngo ibyo bintu bye kwangiza imibanire hagati yawe n’uwo […]

Ibintu 3 ukeneye kwitaho nyuma yo gushyingirwa.

Abantu benshi iyo bitegura gushyingirwa usanga bashyira imbaraga nyinshi mu kwitegura. Bakiga cyane ndetse bagasura abantu batandukanye ngo babahe inama ku bijyanye n’urushako, gusa ni gake usanga ibyo bikomeza nyuma yo gushyingirwa. Ese wari uziko uko wakwitegura kose hari ibintu uzasobanukirwa gusa ari uko wageze mu rugo? Muri iyi nyigisho turagaruka ku bintu bitatu byagufasha […]

Amakosa 3 atuma abantu babihirwa n’ urushako

Abantu benshi batangira urushako banezerewe ariko nyuma y’igihe gito ugasanga ubuzima bwarababihiye. Ibyo bituma abatarashaka bibaza icyo umuntu yakora ngo we azagumane umunezero mu rushako rwe. Muri iyi nyigisho turareba ku makosa atatu abantu bakunze gukora agatuma babihirwa n’urushako. Turareba kandi icyo wakora kugira ngo wowe utazagwa muri ayo makosa. Ndetse n’ibyagufasha ngo ube witeguye […]

Kurera neza

Guhana abana mu mucyo w’ ijambo ry’ Imana 5: Nyuma yo guhana umwana, mufashe guhangana n’ ingaruka z’ amakosa ye

Inshuro nyinshi usanga iyo umubyeyi amaze guha umwana igihano runaka yibwira ko birangiye, ariko guhana byonyine ntabwo bihagije. Itangiriro 3:20-21, hatwereka ko guhana byuzuye bijyana no guha abana ibyiringiro by’ ejo ndetse no kubafasha guhangana n’ ingaruka z’ amakosa yabo. Muri iyi nyigisho turareba ukuntu Imana yo itagarukiye ku guhana gusa, ahubwo yahaye Adamu na […]

Guhana abana mu mucyo w’ ijambo ry’ Imana 4: Hana buri mwana mu buryo bwihariye kandi umugaragariza ineza

Nubwo kenshi usanga abantu dushyize imbere uburambe, Imana yo ijya guhana Adamu na Eva ntabwo yakoresheje uburambe ngo ibahane nk’ uko yahannye inzoka. Muri iyi nyigisho turareba ukuntu Imana yahannye Adamu mu buryo bwihariye, na Eva ikamuhana mu buryo bwe bwihariye. Kandi igakomeza kuba iyo kwizerwa. Ikagaragariza abo yaremye ineza no mu gihe bo bayigomeye. […]

Guhana abana mu mucyo w’ijambo ry’Imana 3: Mu guhana hera ku guhangana n’ icyamuteye gukora amakosa

Nyuma y’ uko umwana akoze amakosa, icya mbere umubyeyi akeneye gukora ni ukumusanga no kumuha umwanya wo kwisobanura, nk’ uko twabibonye mu nyigisho iheruka. Iyo rero umwana amaze kugusobanurira amakosa yakoze n’ icyamuteye kuyakora, nk’ umubyeyi ni iki wakora? Hari ibintu bitatu Imana yakoze nyuma yo kumva ibisobanuro bya Adamu na Eva bamaze gukora icyaha. […]

Guhana abana mu mucyo w’ ijambo ry’Imana 2: bamaze gukora amakosa basange umenye icyabibateye

Iyo umwana akoze amakosa ababyeyi benshi bihutira kumuhana, cyane cyane babitewe n’ amarangamutima aremereye baterwa n’ ikosa umwana yakoze. Nyamara Imana yo siko yabigenje. Nyuma y’ uko umuntu akoze icyaha, hari ibintu bibiri Imana yabanje gukora mbere yo kumuhana. Icyambere yaramusanze aho yari yihishe, icya kabiri imuha amahirwe yo kwisobanura.  Muri iyi nyigisho turagaruka kuri […]

Guhana abana mu mucyo w’ ijambo ry’Imana 1: Mbere y’ uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n’ amabwiriza

Ababyeyi benshi batekereza ku guhana iyo babonye umwana akoze ikosa. Ese Imana yo ibigenza ite? Ese haba hari uburyo wakwitegura na mbere y’ uko umwana akosa? Ese ni iki wakora ngo guhana kwawe bibe bitayobowe n’ umujinya uterwa n’ amakosa umwana yagukoreye? Ese hari ikintu wakora kugira ngo guhana kwawe bitegurire umwana wawe kwizera ubutumwa […]

Abashatse Iziheruka Kubana neza Urugo rwiza

Garura ibyishimo bya gisore mu rushako rwawe

Kimwe mu bintu bikunze kuranga abashakanye ni uko iyo bamaranye igihe runaka usanga bisa n’aho urukundo rwabo rwakonje. Ugasanga kwa kwiyumvamo ibisa n’ ubushagarira byo mu minsi ya mbere, ya masaha yose bamaraga bavugana kuri telephone cyangwa baganira imbonankubone na bya bitwenge bya buri kanya bisa n’aho utamenya aho byagiye. Muri iyi nyigisho turaza kureba […]

Soma inyigisho yose
Abashatse Iziheruka

Dore ikiruta kubyara abahungu n’abakobwa…

Mu mico myinshi usanga gushaka bihuzwa no kubyara abana nk’uko no mu muco nyarwanda usanga umuntu wese washyingiwe tumwifuriza kubyara hungu na kobwa. Nyamara siko abashatse bose babasha kubyara. Muri iyi nyigisho turareba icyo ijambo ry’Imana rivuga ku muntu utabasha kubyara kandi abyifuza. Ni irihe humure ijambo ry’Imana rimuha? Ni gute wabyitwaramo igihe byakubayeho wowe […]

Soma inyigisho yose
Iziheruka Kurambagiza

Ubwo mumaze kwemeranya kubana…

Abantu benshi iyo bamaze kwemeranya kubana usanga batangira kwiberaho nk’abagezeyo. Ibyo bikangiza imyiteguro yabo ari nako byangiza n’urushako rwabo bataranarugeramo. Muri iyi nyigisho turavuga ku buryo bwo kwirinda bwagufasha kurushaho kwitegura neza cyane cyane mu gihe wamaze kwemeranya n’uwo mukundana ko muzabana. Rinda umutima wawe, Mu mico myinshi, iyo bavuze “umutima” abantu bumva icyicaro cy’ibyiyumvo […]

Soma inyigisho yose
Iziheruka Kubana neza

Ushaka gusigasira umunezero mu rukundo cg urugo rwanyu rekeraho…

Twese usanga twifuza kugira urugo rurimo umunezero, ariko hari ubwo byanga. Ugasanga hagati yawe n’uwo mwashakanye harimo igisa n’umworera. Wavuga ibi, we akumva biriya. Maze yajya kugusubiza bikabyara intonganya mutazi aho zivuye. Muri iyi nyigisho, turagaruka kuri imwe mu mico ikunze kuba intandaro yo kwangirika k’ubusabane hagati y’abakundana /abashakanye bikababyarira amakimbirane ya hato na hato. […]

Soma inyigisho yose
Iziheruka Kubana neza

Ibintu 2 uwo mukundana aba agutegerejemo utabizi

Mu rukundo cyangwa mu rushako hari ubwo bigora umuntu gusobanurira mugenzi we icyo umutegerejemo. Kenshi bigaterwa n’imiterere y’icyo kintu cyangwa imiterere y’umubano wabo bombi. Muri iyi nyigisho turagaruka ku bintu 2 umuntu wese aba ategereje k’ uwo bakundana/ bashakanye ariko bikamugora kubimusobanurira. Turareba n’icyo wakora kugira ngo ibyo bintu bye kwangiza imibanire hagati yawe n’uwo […]

Soma inyigisho yose
Abashatse Inyigisho shingiro Iziheruka Kubana neza Urugo rwiza

Ibintu 3 ukeneye kwitaho nyuma yo gushyingirwa.

Abantu benshi iyo bitegura gushyingirwa usanga bashyira imbaraga nyinshi mu kwitegura. Bakiga cyane ndetse bagasura abantu batandukanye ngo babahe inama ku bijyanye n’urushako, gusa ni gake usanga ibyo bikomeza nyuma yo gushyingirwa. Ese wari uziko uko wakwitegura kose hari ibintu uzasobanukirwa gusa ari uko wageze mu rugo? Muri iyi nyigisho turagaruka ku bintu bitatu byagufasha […]

Soma inyigisho yose
Abashatse Guhana abana Iziheruka Kurera neza

Guhana abana mu mucyo w’ ijambo ry’ Imana 5: Nyuma yo guhana umwana, mufashe guhangana n’ ingaruka z’ amakosa ye

Inshuro nyinshi usanga iyo umubyeyi amaze guha umwana igihano runaka yibwira ko birangiye, ariko guhana byonyine ntabwo bihagije. Itangiriro 3:20-21, hatwereka ko guhana byuzuye bijyana no guha abana ibyiringiro by’ ejo ndetse no kubafasha guhangana n’ ingaruka z’ amakosa yabo. Muri iyi nyigisho turareba ukuntu Imana yo itagarukiye ku guhana gusa, ahubwo yahaye Adamu na […]

Soma inyigisho yose
Abashatse Guhana abana Kurera neza

Guhana abana mu mucyo w’ ijambo ry’ Imana 4: Hana buri mwana mu buryo bwihariye kandi umugaragariza ineza

Nubwo kenshi usanga abantu dushyize imbere uburambe, Imana yo ijya guhana Adamu na Eva ntabwo yakoresheje uburambe ngo ibahane nk’ uko yahannye inzoka. Muri iyi nyigisho turareba ukuntu Imana yahannye Adamu mu buryo bwihariye, na Eva ikamuhana mu buryo bwe bwihariye. Kandi igakomeza kuba iyo kwizerwa. Ikagaragariza abo yaremye ineza no mu gihe bo bayigomeye. […]

Soma inyigisho yose