Ibintu 2 uwo mukundana aba agutegerejemo utabizi
Mu rukundo cyangwa mu rushako hari ubwo bigora umuntu gusobanurira mugenzi we icyo umutegerejemo. Kenshi bigaterwa n’imiterere y’icyo kintu cyangwa imiterere y’umubano wabo bombi. Muri iyi nyigisho turagaruka ku bintu 2 umuntu wese aba ategereje k’ uwo bakundana/ bashakanye ariko bikamugora kubimusobanurira. Turareba n’icyo wakora kugira ngo ibyo bintu bye kwangiza imibanire hagati yawe n’uwo […]
Soma inyigisho yose
Ibintu 3 ukeneye kwitaho nyuma yo gushyingirwa.
Abantu benshi iyo bitegura gushyingirwa usanga bashyira imbaraga nyinshi mu kwitegura. Bakiga cyane ndetse bagasura abantu batandukanye ngo babahe inama ku bijyanye n’urushako, gusa ni gake usanga ibyo bikomeza nyuma yo gushyingirwa. Ese wari uziko uko wakwitegura kose hari ibintu uzasobanukirwa gusa ari uko wageze mu rugo? Muri iyi nyigisho turagaruka ku bintu bitatu byagufasha […]
Soma inyigisho yose