Kubaka imibanire myiza Igice cya 1: Icyangiza imibanire n’ icyo wowe wakora ngo uyisigasire
Mu minsi ishize, twarimo tuganira n’ itsinda ry’ abantu bitegura gushyingirwa. Maze tubabajije ikintu kibagora gusobanukirwa ku bijyanye n’ urushako, umusore umwe arabaza ngo: “Ese kubera iki usanga ingo zimwe zibera mu mahoro, izindi ugasanga zirangwa n’ amakimbirane ya hato na hato? Kandi bose baba barashakanye bakundana.” Ahari se nawe ujya wibaza icyo kibazo. Muri […]
Soma inyigisho yose
Intego y’ urushako (Igice cya 1)
Abahanga bavuga ko iyo utazi intego y’ ikintu utabura kucyangiza. Ntibitangaje rero ko hari ibibazo byinshi mu bijyanye n’ urushako muri iki gihe. Kubera ko abantu benshi ntibabaza uwashyizeho urushako ngo bamenye intego yarwo. Muri uru ruhererekane rw’inyigisho, tuzarebera hamwe intego 2 Imana yari ifite ubwo yashyiragaho urushako. Muri iki gice cya 1 turavuga ku […]
Soma inyigisho yose
Impamvu y’ urushako (igice cya 2)
Mu itangiriro 2:21-25 tubona Imana iremera Adamu umugore mu rubavu yamukuyemo. Umugore n’ umugabo Imana yabaremye mu budasa ngo buzuzanye, bishimirane muri ubwo budasa kandi barindane gukorwa n’isoni.
Soma inyigisho yose
Impamvu y’ urushako (Igice cya 1):
Mu Itangiriro 2:18, Bibiliya itwereka impamvu ebyiri zatumye Imana iremera umuntu umufasha. Impamvu ya mbere ni uko bitari byiza ko uyu muntu aba wenyine. Impamvu ya kabiri ni uko umuntu yari akeneye umufasha umukwiriye.
Soma inyigisho yose