Kubana neza

Abashatse Intego y' urushako Inyigisho shingiro Kubana neza

Intego y’ urushako (Igice cya 1)

Abahanga bavuga ko iyo utazi intego y’ ikintu utabura kucyangiza. Ntibitangaje rero ko hari ibibazo byinshi mu bijyanye n’ urushako muri iki gihe. Kubera ko abantu benshi ntibabaza uwashyizeho urushako ngo bamenye intego yarwo. Muri uru ruhererekane rw’inyigisho, tuzarebera hamwe intego 2  Imana yari ifite ubwo yashyiragaho urushako. Muri iki gice cya 1 turavuga ku […]

Soma inyigisho yose
Umugabo n' umugore baremwe mu mubiri umwe ariko mu budasa
Abashatse Impamvu y' urushako Inyigisho shingiro Kubana neza Kurambagiza

Impamvu y’ urushako (igice cya 2): ubudasa n’ ubwuzuzanye hagati y’ umugabo n’ umugore

Mu itangiriro 2:21-25 tubona Imana iremera Adamu umugore mu rubavu yamukuyemo. Umugore n’ umugabo Imana yabaremye mu budasa ngo buzuzanye, bishimirane muri ubwo budasa kandi barindane gukorwa n’isoni.

Soma inyigisho yose
Abashatse Impamvu y' urushako Ingaragu Inyigisho shingiro Kubana neza Kurambagiza

Impamvu y’ urushako (igice cya 1): Si byiza ko aba wenyine & akeneye umufasha

Mu Itangiriro 2:18, Bibiliya itwereka impamvu ebyiri zatumye Imana iremera umuntu umufasha. Impamvu ya mbere ni uko bitari byiza ko uyu muntu aba wenyine. Impamvu ya kabiri ni uko umuntu yari akeneye umufasha umukwiriye.

Soma inyigisho yose