{"id":2864,"date":"2023-07-24T19:45:45","date_gmt":"2023-07-24T19:45:45","guid":{"rendered":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/?p=2864"},"modified":"2026-02-12T18:04:49","modified_gmt":"2026-02-12T18:04:49","slug":"guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/","title":{"rendered":"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#8217; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#8217; amabwiriza"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ababyeyi benshi batekereza ku guhana iyo babonye umwana akoze ikosa. Ese Imana yo ibigenza ite? Ese haba hari uburyo wakwitegura na mbere y\u2019 uko umwana akosa? Ese ni iki wakora ngo guhana kwawe bibe bitayobowe n\u2019 umujinya uterwa n\u2019 amakosa umwana yagukoreye? Ese hari ikintu wakora kugira ngo guhana kwawe bitegurire umwana wawe kwizera ubutumwa bwiza? Muri iyi nyigisho turareba igisubizo ijambo ry\u2019 Imana riduha kuri ibyo bibazo byose ngo tumenye ukuntu nk\u2019 abizera twakwigana Imana mu guhana kwacu.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<h1 class=\"wp-block-heading\">Mbere yo guhana abana dukwiye\u2026<\/h1>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo usomye Bibiliya uhereye mu itangiriro, mu gice cya mbere n\u2019 icya kabiri tubona ukuntu ibintu byose byatangiye. Ese guhana byo byatangiye bite? Haba hari ukuntu Imana yateguye ibijyanye no guhana mbere y\u2019 uko biba? Mu gice cya 2:15-17, tubona ibintu 3 Imana yakoze mbere yo guhana: Icya mbere,&nbsp; Imana iha umuntu ahantu yisanzurira n\u2019 umurimo wo gukora.<sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"1\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-1\">1<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-1\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"1\">Itangiriro 2:15: Uwiteka Imana ijyana wa muntu, imushyira muri iyo ngobyi yo muri Edeni, ngo ahingire ibirimo, ayirinde. <\/span> Icya kabiri, Imana imusobanurira ibyo akwiye gukora n\u2019 ibyo akwiye kwirinda.<sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"2\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-2\">2<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-2\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"2\">Itangiriro 2:16-17a &#8216;Uwiteka Imana iramutegeka iti \u201cKu giti cyose cyo muri iyo ngobyi ujye urya imbuto zacyo uko ushaka, ariko igiti cy\u2019 ubwenge bumenyesha icyiza n\u2019 ikibi ntuzakiryeho,&#8217;<\/span> Icya gatatu, Imana isobanurira umuntu ibizamubaho naramuka akoze ibyo yabujijwe.<sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"3\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-3\">3<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-3\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"3\">Itangiriro 2:17b &#8216;, <em>kuko umunsi wakiriyeho no gupfa uzapfa<\/em>.\u201d<\/span> Ibi bintu uko ari bitatu nk&#8217; abizera dukeneye kubyigiraho niba dushaka kwigana Imana tugahana abana bacu mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019 Imana.<\/p>\n\n\n\n<h1 class=\"wp-block-heading\">Kubaha aho kwisanzurira n\u2019 ibyo gukora,<\/h1>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ababyeyi benshi usanga bihutira guha abana amabwiriza, ariko Imana yo siko yabigenje. Iyo usomye itangiriro 2:15, tubona ikintu Imana yakoze mbere yo guha umuntu amabwiriza. Bibiliya iravuga ngo &#8220;Uwiteka Imana ijyana wa muntu, imushyira muri iyo ngobyi yo muri Edeni, ngo ahingire ibirimo, ayirinde.\u201d<sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"4\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-4\">4<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-4\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"4\"> Itangiriro 2:15 <\/span> Mbere yo kumuha amabwiriza, Imana yahaye umuntu ahantu hihariye ho kuba: ingobyi ya Edeni; n\u2019 akazi ko gukora: guhingira iyo ngobyi no kuyirinda. Iki ni kimwe mu bintu bigora ababyeyi benshi. Usanga ababyeyi bihutira kubuza abana babo ibintu runaka, ariko bakirengagiza icyo Imana yabanje gukora mbere yo gutanga amabwiriza. Imana yabanje guha umuntu ahantu hihariye n\u2019 icyo gukora. Umwana nawe akeneye kugira ahantu hihariye yakwisanzurira ndetse n\u2019 ibyo gukora.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ese uwabaza umwana wawe ahantu yisanzurira yavuga ko ari he? Ababyeyi bamwe usanga bihutira kubwira abana kutajya ahantu runaka ariko ntibabahe aho bakwiye kujya. Urugero, niba uzi ko mu gikoni hari ibintu byinshi byateza umwana ibyago, ushobora kumubuza kujya mu gikoni. Ariko se, wibuka kumuha ahandi hantu yajya akisanzura? Ushobora nko guhitamo ahantu hamwe mu rugo, ugakuraho ibintu byose byateza umwana ibyago, kugira ngo habe aho yakwisanzurira. Kuburyo utamubuza kujya ahantu hose ngo usange adafite na hamwe yajya. Niba umwana umwigizayo ngo atajya mu gikoni akagira ibyo yangiza, ukwiye no kugira ahandi hantu, aho nawe yemerewe kwigizayo ibimubangamiye. Imiryango imwe usanga bahitamo nk\u2019 uruganiriro cyangwa icyumba cy\u2019 abana bakahagira aho hantu umwana ashobora kwisanzurira kuburyo ibyo yakwangiza byose babyigizayo.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikindi gikomeye Imana iha umuntu ni akazi ko gukora. Imana ishyira Adamu mu ngobyi ngo ayihingire ayirinde. Kenshi usanga abana bakora amakosa menshi kubera ko ari nta kindi bafite cyo gukora. Ni ngombwa rero ko twigana Imana mu kurera kwacu, maze tugaha abana ibintu byo gukora kugira ngo ubuzima bwabo bugire intego. Bitewe n\u2019 ikigero umwana arimo hari ibintu runaka yabasha gukora. Ni inshingano yawe nk\u2019 umubyeyi kumenya ni iki waha umwana wawe gukora mu kigero arimo. Kugira ibyo umwana ahugiramo, bimurinda gukora ibyo utamutumye, bya bindi usanga kenshi bikwangiriza cyangwa nawe bikamuteza ibyago. Ikindi ni uko, bimufasha kugira intego mu buzima. Kuba afite ibintu ahugiyeho, bimuhinyuza, bimutegurira ubuzima bwa buri munsi.\u00a0 Kuko bimufasha kwitoza kugira ibintu runaka akora.<\/p>\n\n\n\n<h1 class=\"wp-block-heading\">Kubasobanurira neza ibyo gukora n\u2019 ibyo kwirinda,<\/h1>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ababyeyi benshi usanga babwira abana ibyo bakwiye kwirinda gusa. Ariko ntibababwire ibyo bakwiye gukora. Usanga kenshi umubyeyi abwira umwana ngo: &#8220;witonde!&#8221; Nyamara umwana ntamenye ibyo yemerewe gukora n\u2019 ibyo atemerewe. Imana yo ntabwo ari uko yabigenje. Itangiriro 2:16, Imana ibwira umuntu ibyo yemerewe gukora, Bibiliya iravuga ngo: \u201cKu giti cyose cyo muri iyi ngobyi ujye urya imbuto zacyo uko ushaka.\u201d Nk\u2019 ababyeyi, ibi bikwiye kutwigisha uburyo bwo guha abana bacu amabwiriza. Urugero, aho kubwira umwana gusa ngo \u201cWitonde!\u201d ukaba wamubwira uti genda ukinire hariya mu ntebe, ariko ntuzandikeho. cyangwa uti genda ushyire ibikinisho byawe byose mu mwanya wabyo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku murongo ukurikiyeho wa 17, Imana ibwira umuntu icyo noneho adakwiriye gukora. Iti \u201cariko igiti cy\u2019 ubwenge bumenyesha icyiza n\u2019 ikibi ntuzakiryeho,\u201d<sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"5\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-5\">5<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-5\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"5\"> Itangiriro 2:17a<\/span> Aha, Imana isobanurira umuntu aho uburenganzira bwo kurya ku giti cyose cyo mu ngobyi bugarukira. Kenshi, usanga ababyeyi badafata umwanya wo gusobanurira abana aho uburenganzira bwabo bugarukira. Niba ubwiye umwana uti: &#8220;Jya munzu!&#8221; cyangwa uti: &#8220;Usigare ku rugo!&#8221;, bisaba ko unamusobanurira neza ibyo yemerewe gukora ndetse n\u2019 ibyo atemerewe. Ntiwibwire ngo nawe arabyumva! Ngo utekereze ko ku mwana kujya mu nzu bivuze kutandika ku rukuta! Cyangwa se ko gusigara ku rugo bivuze kutajya gukina n\u2019 abana b\u2019 abaturanyi. Ni ngombwa ko utamuha amabwiriza y\u2019 ibyo gukora gusa, ahubwo ugafata akanya ukanamusobanurira neza ibyo yemerewe n&#8217; ibyo atemerewe. Akamenya aho uburenganzira bwe bugarukira.<\/p>\n\n\n\n<h1 class=\"wp-block-heading\">ndetse n\u2019 ingaruka zizababaho nibatumvira.&nbsp;<\/h1>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ababyeyi benshi usanga babwira abana ibyo gukora n\u2019 ibyo kwirinda, ariko umwana ntamenye icyo ari buhombe natirinda cyangwa icyo ari bwunguke nakora ibyo bamubwiye. Imana ntago ari uko imeze. Nyuma yo kubuza Adamu kurya ku giti, yamubwiye n\u2019 uko bizagenda naramuka akiriyeho. Iti \u201ckuko umunsi wakiriyeho no (koko) gupfa uzapfa.\u201d <sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"6\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-6\">6<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-6\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"6\"> Itangiriro 2:17 <\/span> Kenshi usanga ababyeyi badaha agaciro kubwira umwana ikiri bube naramuka anyuranyije n\u2019 amabwiriza yahawe. Ariko ibyo bituma umwana atumva uburemere bw\u2019 ikosa. Ugasanga n&#8217; igihe arikoze, atunguwe n&#8217; ingaruka zikurikiyeho. Bisaba ko umwana ahabwa amahirwe yo kumva uburemere bw\u2019 amabwiriza ari guhabwa binyuze mu gusobanurirwa ingaruka zo kutayubahiriza. Ibyo bituma iyo izo ngaruka zimugezeho adatungurwa cyangwa ngo yumve ari kurengana. Ibi kandi bifasha umubyeyi kudatwarw a n\u2019 amarangamutima ngo abe yahana umwana ayobowe n\u2019 umujinya, abe yakora n\u2019 ibidakwiriye. Guhana gutya bifasha umwana&nbsp; kumva neza ubutabera. Aho icyaha gikwiranye n&#8217; igihano cyacyo.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kumva ubutabera, ni kimwe mu by\u2019 ibanze umuntu akeneye kugira ngo abashe kwakira ko ari umunyabyaha. Umuntu wemera ko ari umunyabyaha niwe wenyine ushobora kumva icyo bivuze kuba&nbsp; Yesu ari umucunguzi. Kubasha guhuza ibyo bibiri ni rwo rufatiro rwo kwizera Yesu. Kubera ko, twizera Yesu nk\u2019 umukiza kuko yishyizeho igihano gikwiriye ibyaha byacu. Umuntu rero utabasha kumva ko ari umunyabyaha, kandi akwiriye igihano cy\u2019 urupfu, ntiyabasha kwizera Yesu. Mu yandi magambo, iyo umubyeyi ahana umwana we neza, aba amwubakamo ubushobozi bwo kumva inkuru nziza y\u2019 agakiza. Ako abizera duhabwa ku buntu kubwo gucungurwa kubonerwa muri Yesu Kristo.<sup class=\"modern-footnotes-footnote \" data-mfn=\"7\" data-mfn-post-scope=\"00000000000001330000000000000000_2864\"><a href=\"javascript:void(0)\"  role=\"button\" aria-pressed=\"false\" aria-describedby=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-7\">7<\/a><\/sup><span id=\"mfn-content-00000000000001330000000000000000_2864-7\" role=\"tooltip\" class=\"modern-footnotes-footnote__note\" tabindex=\"0\" data-mfn=\"7\"> Abaroma 3:23-24: \u201ckuko bose bakoze ibyaha, ntibashyik\u012bra ubwiza bw&#8217;Imana, ahubwo batsindishirizwa n&#8217;ubuntu bwayo ibibahereye ubusa, ku bwo gucungurwa kubonerwa muri Yesu Kristo.\u201d<\/span><\/p>\n\n\n\n<h1 class=\"wp-block-heading\">Ese wowe bite?<\/h1>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu guhana kwawe uba ugamije gufasha bana bawe kubategurira kumva ubutumwa bwiza? Cyangwa upfa kubikora nk\u2019 uko nawe bakureze? Ese abana bawe bazi igihano gikwiriye buri kosa ku buryo nta karengane kabamo, ahubwo buri wese azi neza ikimukwiriye mu gihe yakoze ikosa runaka? cyangwa igihano kigenwa n\u2019 uko waramutse? Ese abana bawe bazi ibyo bakwiye gukora n\u2019 ibyo bakwiye kwirinda? Ese mu rugo iwawe hari ahantu wageneye abana ho kwisanzurira? Cyangwa urugo rwose barugendamo bingengesereye nk\u2019 ukandagira mu mahwa?&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tekereza neza icyo wakosora kandi utangire ugikore nonaha. Kuko ejo, uzaba wakererewe!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Imana idufashe.<\/p>\n<div class=\"gsp_post_data\" \r\n\t            data-post_type=\"post\" \r\n\t            data-cat=\"abashatse,guhana-abana,icyo-imana-yifuza-ku-babyeyi,kurera-neza\" \r\n\t            data-modified=\"120\"\r\n\t            data-created=\"1690227945\"\r\n\t            data-title=\"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#8217; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#8217; amabwiriza\" \r\n\t            data-home=\"https:\/\/urushako.rw\/wp\"><\/div>","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ababyeyi benshi batekereza ku guhana iyo babonye umwana akoze ikosa. Ese Imana yo ibigenza ite? Ese haba hari uburyo wakwitegura na mbere y\u2019 uko umwana akosa? Ese ni iki wakora ngo guhana kwawe bibe bitayobowe n\u2019 umujinya uterwa n\u2019 amakosa umwana yagukoreye? Ese hari ikintu wakora kugira ngo guhana kwawe bitegurire umwana wawe kwizera ubutumwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2869,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2,25,17,6],"tags":[],"class_list":["post-2864","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abashatse","category-guhana-abana","category-icyo-imana-yifuza-ku-babyeyi","category-kurera-neza","eq-blocks"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.2 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#039; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#039; amabwiriza - Urushako.rw<\/title>\n<meta name=\"description\" content=\"Mu Itangiriro 2:15-17, tubona ibintu 3 dukwiye gukora mbere yo guhana abana: 1)kubaha ahantu ho kwisanzurira n&#039; ibyo gukora, 2)kubasobanurira ibyo gukora n&#039; ibyo kwirinda, 3) kubabwira ingaruka zizababaho nibatumvira.\" \/>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#039; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#039; amabwiriza - Urushako.rw\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Itangiriro 2:15-17, tubona ibintu 3 dukwiye gukora mbere yo guhana abana: 1)kubaha ahantu ho kwisanzurira n&#039; ibyo gukora, 2)kubasobanurira ibyo gukora n&#039; ibyo kwirinda, 3) kubabwira ingaruka zizababaho nibatumvira.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Urushako.rw\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-07-24T19:45:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-02-12T18:04:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1000\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"560\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"admin\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"admin\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\"},\"author\":{\"name\":\"admin\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/person\/8cd0c02f2c7558305051ce34f753877d\"},\"headline\":\"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#8217; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#8217; amabwiriza\",\"datePublished\":\"2023-07-24T19:45:45+00:00\",\"dateModified\":\"2026-02-12T18:04:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\"},\"wordCount\":1231,\"commentCount\":5,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png\",\"articleSection\":[\"Abashatse\",\"Guhana abana\",\"Icyo Imana yifuza ku babyeyi\",\"Kurera neza\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\",\"url\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\",\"name\":\"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y' uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n' amabwiriza - Urushako.rw\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png\",\"datePublished\":\"2023-07-24T19:45:45+00:00\",\"dateModified\":\"2026-02-12T18:04:49+00:00\",\"description\":\"Mu Itangiriro 2:15-17, tubona ibintu 3 dukwiye gukora mbere yo guhana abana: 1)kubaha ahantu ho kwisanzurira n' ibyo gukora, 2)kubasobanurira ibyo gukora n' ibyo kwirinda, 3) kubabwira ingaruka zizababaho nibatumvira.\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png\",\"width\":1000,\"height\":560},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Urushako\",\"item\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#8217; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#8217; amabwiriza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#website\",\"url\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/\",\"name\":\"Urushako.rw\",\"description\":\"Inyigisho zagufasha kubaka urugo rwiza\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#organization\",\"name\":\"Urushako.rw\",\"url\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/logo\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2021\/11\/cropped-A0189AA8-B0E3-4650-AD49-76238D1C7F7E.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2021\/11\/cropped-A0189AA8-B0E3-4650-AD49-76238D1C7F7E.png\",\"width\":107,\"height\":90,\"caption\":\"Urushako.rw\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/logo\/image\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/person\/8cd0c02f2c7558305051ce34f753877d\",\"name\":\"admin\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/4e664cb45f23a37dd25ae8b8facad44178fcc1dd766fa787cd484b9fe9347619?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/4e664cb45f23a37dd25ae8b8facad44178fcc1dd766fa787cd484b9fe9347619?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/4e664cb45f23a37dd25ae8b8facad44178fcc1dd766fa787cd484b9fe9347619?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"admin\"},\"sameAs\":[\"http:\/\/urushako.rw\/wp\"],\"url\":\"https:\/\/urushako.rw\/wp\/author\/admin\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y' uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n' amabwiriza - Urushako.rw","description":"Mu Itangiriro 2:15-17, tubona ibintu 3 dukwiye gukora mbere yo guhana abana: 1)kubaha ahantu ho kwisanzurira n' ibyo gukora, 2)kubasobanurira ibyo gukora n' ibyo kwirinda, 3) kubabwira ingaruka zizababaho nibatumvira.","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y' uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n' amabwiriza - Urushako.rw","og_description":"Mu Itangiriro 2:15-17, tubona ibintu 3 dukwiye gukora mbere yo guhana abana: 1)kubaha ahantu ho kwisanzurira n' ibyo gukora, 2)kubasobanurira ibyo gukora n' ibyo kwirinda, 3) kubabwira ingaruka zizababaho nibatumvira.","og_url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/","og_site_name":"Urushako.rw","article_published_time":"2023-07-24T19:45:45+00:00","article_modified_time":"2026-02-12T18:04:49+00:00","og_image":[{"width":1000,"height":560,"url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png","type":"image\/png"}],"author":"admin","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"admin","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/"},"author":{"name":"admin","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/person\/8cd0c02f2c7558305051ce34f753877d"},"headline":"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#8217; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#8217; amabwiriza","datePublished":"2023-07-24T19:45:45+00:00","dateModified":"2026-02-12T18:04:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/"},"wordCount":1231,"commentCount":5,"publisher":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png","articleSection":["Abashatse","Guhana abana","Icyo Imana yifuza ku babyeyi","Kurera neza"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/","url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/","name":"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y' uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n' amabwiriza - Urushako.rw","isPartOf":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png","datePublished":"2023-07-24T19:45:45+00:00","dateModified":"2026-02-12T18:04:49+00:00","description":"Mu Itangiriro 2:15-17, tubona ibintu 3 dukwiye gukora mbere yo guhana abana: 1)kubaha ahantu ho kwisanzurira n' ibyo gukora, 2)kubasobanurira ibyo gukora n' ibyo kwirinda, 3) kubabwira ingaruka zizababaho nibatumvira.","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#primaryimage","url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png","contentUrl":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/puniswhing-the-kid-1.png","width":1000,"height":560},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/2023\/07\/24\/guhana-abana-mu-mucyo-w-ijambo-ryimana-ni-iki-wakora-mbere-y-uko-bakora-amakosa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Urushako","item":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Guhana abana mu mucyo w\u2019 ijambo ry\u2019Imana 1: Mbere y&#8217; uko bakora amakosa bahe aho kwisanzurira n&#8217; amabwiriza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#website","url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/","name":"Urushako.rw","description":"Inyigisho zagufasha kubaka urugo rwiza","publisher":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#organization","name":"Urushako.rw","url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2021\/11\/cropped-A0189AA8-B0E3-4650-AD49-76238D1C7F7E.png","contentUrl":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-content\/uploads\/2021\/11\/cropped-A0189AA8-B0E3-4650-AD49-76238D1C7F7E.png","width":107,"height":90,"caption":"Urushako.rw"},"image":{"@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/#\/schema\/person\/8cd0c02f2c7558305051ce34f753877d","name":"admin","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/4e664cb45f23a37dd25ae8b8facad44178fcc1dd766fa787cd484b9fe9347619?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/4e664cb45f23a37dd25ae8b8facad44178fcc1dd766fa787cd484b9fe9347619?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/4e664cb45f23a37dd25ae8b8facad44178fcc1dd766fa787cd484b9fe9347619?s=96&d=mm&r=g","caption":"admin"},"sameAs":["http:\/\/urushako.rw\/wp"],"url":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/author\/admin\/"}]}},"post_mailing_queue_ids":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2864","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2864"}],"version-history":[{"count":12,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2864\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3132,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2864\/revisions\/3132"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2869"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2864"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2864"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/urushako.rw\/wp\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2864"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}